Aya mahugurwa yatangiye ku wa 23 Ukuboza 2025, yitabiririwe n’abagera kuri 500 basobarurwa uko bagomba kwirinda ibikorwa bihungabanya uburenganzira bwa muntu n’uburyo icuruzwa ry’abantu rikorwa, ingaruka rigira ku muntu n’igihugu, ndetse n’uruhare rwabo mu kurikumira no kurirwanya, binyuze mu kumenya amategeko, gutahura ibimenyetso no gutanga amakuru ku gihe.
Abateguye amahugurwa kandi batanze imfashanyigisho zo kwifashisha mu kurushaho kwihugura no guhugura abandi kugira ngo hatagira ucikanwa.
Aya mahugurwa ari mu murongo wa gahunda ya RCS na MINIJUST ugamije gukomeza kubaka ubushobozi bw’abakozi b’amagororero mu bijyanjye n’amategeko n’uburenganzira bwa muntu bigafasha kunoza inshingano zabo za buri munsi.
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
This website uses cookies.