Aya mahugurwa yatangiye ku wa 23 Ukuboza 2025, yitabiririwe n’abagera kuri 500 basobarurwa uko bagomba kwirinda ibikorwa bihungabanya uburenganzira bwa muntu n’uburyo icuruzwa ry’abantu rikorwa, ingaruka rigira ku muntu n’igihugu, ndetse n’uruhare rwabo mu kurikumira no kurirwanya, binyuze mu kumenya amategeko, gutahura ibimenyetso no gutanga amakuru ku gihe.
Abateguye amahugurwa kandi batanze imfashanyigisho zo kwifashisha mu kurushaho kwihugura no guhugura abandi kugira ngo hatagira ucikanwa.
Aya mahugurwa ari mu murongo wa gahunda ya RCS na MINIJUST ugamije gukomeza kubaka ubushobozi bw’abakozi b’amagororero mu bijyanjye n’amategeko n’uburenganzira bwa muntu bigafasha kunoza inshingano zabo za buri munsi.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.