Yagize ati” Nshingiye ku burambe mufite mu bijyanye n’umutekano w’Igihugu cyacu murasabwa gukomeza ubufatanye n’izindi nzego z’umutekano igihe cyose muzaba mukenewe.”
Minisitiri Biruta kandi yashimiye imiryango y’abagiye mu Kiruhuko cy’izabukuru ku kwihanga bagaragaje igihe babaga bakorera kure yabo ntibababone uko babyifuzaga cyane ko ari nayo miterere y’akazi bakoraga.
Komiseri Jean Bosco Kabanda ni we wavuze mu izina ry’abashyizwe mu kiruhuko cy’izabuku uko ari 88. Yavuze mu kazi kabo baranzwe no gukorera hamwe ndetse n’ikinyabupfura aribyo byabafashije kuzuza inshingano zabo neza.
Yashimiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ku cyizere yabagiriye kandi amwizeza ko bazakomeza gutanga umusanzu wabo mu kubaka igihugu nkandi ko aho bazabakenera hose biteguye gutanga imbaraga zabo. Yashimiye abo bakoranye, Ubuyobozi bwa RCS ndetse n’imiryango yabo kuba barabafashije kuzuza neza inshingano
Mu bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo abakomseri na ba ofisiye bakuru.
Abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru bahawe urupapuro rw’ishimwe.
Abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo abakomiseri na ba ofisiye bakuru.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.