Ni imidari ihabwa abakozi bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye baba baragiye baturuka mu bihugu bitandukanye, aho abayihawe kuri uyumunsi ari abaturutse ari abagera kuri 54 baturutse mu bihugu umunani 08 aribyo Burkna Faso, Cameroun, Madagascar, Niger, Rwanda, Senegal, Suede na Togo, mu rwego rwo kubashimira umusanzu wabo muri ubwo butumwa nkuko bisanzwe bigenda ku bihugu byitabiriye ubutumwa baba boherejwemo na LONI bwo kugarura amahoro mu bihugu birimo umutekano muke, uwo muhango ukaba waritabiriwe na Minisitiri w’ubutabera, guteza imbere uburenganzira bwa muntu n’umushinjacyaha mukuru wa Repubulika ya Santarafurika Hon. Arnaud Djoubaye Abazène.
Abakozi b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, batanga umusanzu wabo mu butumwa b’umuryango w’abibumbye mu bihugu bibiri aribyo Santarafurika no muri Sudani kandi mu gihe bamaze batanga umusanzu wabo bagiye bashimirwa ubwitange n’umurava bagaragaje.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.