Ni imidari ihabwa abakozi bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye baba baragiye baturuka mu bihugu bitandukanye, aho abayihawe kuri uyumunsi ari abaturutse ari abagera kuri 54 baturutse mu bihugu umunani 08 aribyo Burkna Faso, Cameroun, Madagascar, Niger, Rwanda, Senegal, Suede na Togo, mu rwego rwo kubashimira umusanzu wabo muri ubwo butumwa nkuko bisanzwe bigenda ku bihugu byitabiriye ubutumwa baba boherejwemo na LONI bwo kugarura amahoro mu bihugu birimo umutekano muke, uwo muhango ukaba waritabiriwe na Minisitiri w’ubutabera, guteza imbere uburenganzira bwa muntu n’umushinjacyaha mukuru wa Repubulika ya Santarafurika Hon. Arnaud Djoubaye Abazène.
Abakozi b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, batanga umusanzu wabo mu butumwa b’umuryango w’abibumbye mu bihugu bibiri aribyo Santarafurika no muri Sudani kandi mu gihe bamaze batanga umusanzu wabo bagiye bashimirwa ubwitange n’umurava bagaragaje.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.