Ni imidari ihabwa abakozi bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye baba baragiye baturuka mu bihugu bitandukanye, aho abayihawe kuri uyumunsi ari abaturutse ari abagera kuri 54 baturutse mu bihugu umunani 08 aribyo Burkna Faso, Cameroun, Madagascar, Niger, Rwanda, Senegal, Suede na Togo, mu rwego rwo kubashimira umusanzu wabo muri ubwo butumwa nkuko bisanzwe bigenda ku bihugu byitabiriye ubutumwa baba boherejwemo na LONI bwo kugarura amahoro mu bihugu birimo umutekano muke, uwo muhango ukaba waritabiriwe na Minisitiri w’ubutabera, guteza imbere uburenganzira bwa muntu n’umushinjacyaha mukuru wa Repubulika ya Santarafurika Hon. Arnaud Djoubaye Abazène.
Abakozi b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora RCS, batanga umusanzu wabo mu butumwa b’umuryango w’abibumbye mu bihugu bibiri aribyo Santarafurika no muri Sudani kandi mu gihe bamaze batanga umusanzu wabo bagiye bashimirwa ubwitange n’umurava bagaragaje.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.