Ibiganiro batanze byibanze cyanecyane ku bantu bafunze by’agateganyo ndetse n’abasigaje igihe gito ngo barangize ibihano bakatiwe n’inkiko.
Abagize iryo tsinda basobanuriye abantu bafunze n’abagororwa amategeko mu buryo burambuye, babashishikariza kwemera ibyaha byabo no gusaba imbabazi abo bahemukiye kugira ngo bakemure amakimbirane batabanje kwitabaza inkiko.
Abagize iri tsinda rya JRLOS/Nyamagabe banagaragaje akamaro k’ubuhuzan’ubwumvikane hagati y’uwakoze icyaha n’uwagikorewe basaba abagororwa kubyitabira kugira ngo biyunge n’abo bakoreye ibyaha. Basobanuye ko ibyo bigira inyungu nyinshi zirimo kwimakaza amahoro no kugarura icyizere hagati y’abaturage.
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
This website uses cookies.