Ibiganiro batanze byibanze cyanecyane ku bantu bafunze by’agateganyo ndetse n’abasigaje igihe gito ngo barangize ibihano bakatiwe n’inkiko.
Abagize iryo tsinda basobanuriye abantu bafunze n’abagororwa amategeko mu buryo burambuye, babashishikariza kwemera ibyaha byabo no gusaba imbabazi abo bahemukiye kugira ngo bakemure amakimbirane batabanje kwitabaza inkiko.
Abagize iri tsinda rya JRLOS/Nyamagabe banagaragaje akamaro k’ubuhuzan’ubwumvikane hagati y’uwakoze icyaha n’uwagikorewe basaba abagororwa kubyitabira kugira ngo biyunge n’abo bakoreye ibyaha. Basobanuye ko ibyo bigira inyungu nyinshi zirimo kwimakaza amahoro no kugarura icyizere hagati y’abaturage.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.