Abashyitsi basobanuje byinshi ku mikorere y’ibintu byinshi bari bamaze kubwirwa uburyo bikorwa cyane ku buryo hategurwa abarihafi gusoza ibihano bitegura gusubira mu miryango yabo, aho bahabwa ubumenyi buzabafasha kwiteza imbere bageze muri sosiyete yo hanze kuko ubumenyi babonera mu Igororero buba buri kurwego nkurwo abandi bose biga imyuga bahabwa ndetse bakanahabwa impamyabushobozi yibyo bize.
Basobanuriwe kandi imikorere y’ikoranabuhanga rya IECMS, risangiwe n’abakora mu nzego z’ubutabera mu gukurikirana dosiye y’umuntu ukeneye ubutabera bidasabye ko ufata umwanya ukajya kuyishaka, basobanurirwa kandi ku buryo bwo kuburana hakoreshejwe ihuzanzira bidasabye ko uburana agera ku rukiko ahubwo bikabera aho ari kandi iburanisha rikagenda neza.
Bashimiye u Rwanda ku buryo bakomeje gukataza mu ikoranabuhanga, ndetse nabo bavuga ko ibyo bigeye muri uru ruzinduko bahungukiye byinshi bizatuma nabo bagira icyo bakora mu guteza imbere ubutabera iwabo.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.