Aba bayobozi baganirije abagororwa ibijyanye n’amategeko yahindutse ku bijyanye n’umuryango, gucunga umutungo hagati y’abashakanye, uburenganzira bwa buri wese hagati y’abashakanye ku mutungo ndetse n’ibirebana n’izungura. Abagororwa bo mu Igororero rya Nyamagabe bahawe kandi inyigisho z’ijyanye n’isanamitima.
Abagororwa basobanuriwe nanone inyungu ziri mu bijyanye no kujya mu masezerano mu kwemera icyaha (plea-bargaining).
Abagororwa bahawe umwanya babaza ibibazo ku biganiro bahawe byibanze ku birebana n’umuryango ndetse n’abafite ibyifuzo babishyikirije abo bayobozi.
Abagororwa bagororerwa mu Igororero ry’abagore rya Nyamagabe bari bitabiriye ku bwinshi ibi biganiro.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.