Aba bayobozi baganirije abagororwa ibijyanye n’amategeko yahindutse ku bijyanye n’umuryango, gucunga umutungo hagati y’abashakanye, uburenganzira bwa buri wese hagati y’abashakanye ku mutungo ndetse n’ibirebana n’izungura. Abagororwa bo mu Igororero rya Nyamagabe bahawe kandi inyigisho z’ijyanye n’isanamitima.
Abagororwa basobanuriwe nanone inyungu ziri mu bijyanye no kujya mu masezerano mu kwemera icyaha (plea-bargaining).
Abagororwa bahawe umwanya babaza ibibazo ku biganiro bahawe byibanze ku birebana n’umuryango ndetse n’abafite ibyifuzo babishyikirije abo bayobozi.
Abagororwa bagororerwa mu Igororero ry’abagore rya Nyamagabe bari bitabiriye ku bwinshi ibi biganiro.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.