Categories: Amakuru ya RCS

Gusura Imfungwa n’abagororwa bafungiye muri Gereza ya Nyarugenge byahagaritswe kubera indwara y’iseru yagaragaye

Kuva tariki ya 19 ukuboza 2018 ntabwo gusura imfungwa n’abagororwa bo muri gereza ya Mageragere byemewe . Guhagarika iri sura byatewe n’indwara y’iseru yagaragaye muri iyi gereza hafatwa ingamba ko gusura biba bihagaritswe kugirango hirindwe ko iyi ndwara yakwirakwira mu bagana gereza.

Iyi ndwara yagaragaye ku bagororwa bagera kuri 50 bahita bajyanwa kuvuzwa mu bitaro, baravurwa kugeza ubu abagera kuri 20 nibo gusa bagikurikiranwa n’abaganga.

Ku bufatanye bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuvuzi abafashwe n’iyindwara bashyizwe ahantu hihariye kugirango bitabweho ndetse hirindwa ko iyi ndwara bayanduza bagenzibabo bafunganye murigereza ya Nyarugernge iri mu murnge wa Mageragere.

Kugirango hirindwe ko iyi ndwara yakwirakwira hanze ya gereza,hafashwe ingamba y’uko gusura abagororwa biba bihagaze by’igihe gito kugirango iyi ndwara y’iseru ibanze ivurwe.

Gereza ya Mageragere icumbikiye imfungwa n’Abagororwa basaga 8800 bose bakaba barimo gukingirwa iyi ndwara y’ise

                 Abadamu bafungiye kuri Gereza mageragere barimwo gukingi indwara y’Iseru

                Abacungagereza ba Gereza ya Mageragere bakingiwe indwara y’Iseru

rcspet

Recent Posts

Imishinga migari ya RCS igamije kugabanya insubiracyaha no guteza imbere abagororwa

Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…

6 days ago

Abagororwa n’abakozi ba RCS bifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…

2 weeks ago

Abakozi ba RCS bari mu butumwa bw’amahoro bifatanyije n’abandi Banyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi  mu 1994

Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…

2 weeks ago

Umwanditsi Yolande Mukagasana yamuritse Igigitabo yise “Umurage w’urubyiruko” imbere y’abagororwa

Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…

3 weeks ago

Umunyamabanga w’Urukiko Mpuzamaha rwa IRMCT yakiriwe ku Biro Bikuru bya RCS mu ruzinduko rwakazi arimo

Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…

3 weeks ago

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yasuye abakora imirimo nsimburagifungo

Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…

1 month ago

This website uses cookies.