Ni inkuga igizwe umuceri ungana n’ibiro igihumbi(1,000 Kg) ndetse n’ifu ya Soya ingana n’ibiro 100Kg byose bifite agaciro ka 1,440,000 FRW.
Padiri OMBENI Jean Népomuscène wazanye iyi nkuga, akaba asanzwe ari Aumônien ku Igororero rya Rusizi, yavuze ko Kiliziya Gatolika izakomeza gufatanya n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS mu bikorwa bya buri munsi bigamije Igorora no guteza imbere imibereho myiza y’abari mu magororero.
Kiliziya Gatolika isanzwe igirana ubufatanye na RCS mu bikorwa bitandukanye by’igorora haba mu bijyanye n’ivugabutumwa rigamije guhindura uwakoze icyaha kuba umuturage mwiza wubaha Imana n’amategeko ndetse no mu bundi bufatanye burimo n’inkunga zitandukanye z’ibikoresho n’ibiribwa.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.