Ni amahugurwa yateguwe n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda. Muri aba 35 barangije aya mahugurwa harimo ba Ofisiye bato 5, ba Suzofisiye 9 hamwe na 21 afite ipeti rya Warder.
Iri tumanaho rigezweho rigizwe n’ibikoresho by’amaradiyo y’itumanaho afite ikoranabuhanga rigezweho ku rwego mpuzamahanga rifasha inzego z’umutekano gutumanaho mu buryo butekanye kandi bwihuse. Abarangije aya mahugurwa bakaba bafite ubumenyi kubikoresha, kwinjira muri sisiteme yabyo no gukemura ibibazo byose bishobora kuvuka muri iryo tumanaho.
Assistant Commissioner Moses Ntawiheba washoje aya mahugurwa, yashimiye Polisi ku bufatanye bwiza bagirana mu bikorwa bitandukanye anashimiraAbitabiriye aya mahugurwa ku myitwarire myiza bagaragaje no gukunda amasomo.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.