Ni amahugurwa yateguwe n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda. Muri aba 35 barangije aya mahugurwa harimo ba Ofisiye bato 5, ba Suzofisiye 9 hamwe na 21 afite ipeti rya Warder.
Iri tumanaho rigezweho rigizwe n’ibikoresho by’amaradiyo y’itumanaho afite ikoranabuhanga rigezweho ku rwego mpuzamahanga rifasha inzego z’umutekano gutumanaho mu buryo butekanye kandi bwihuse. Abarangije aya mahugurwa bakaba bafite ubumenyi kubikoresha, kwinjira muri sisiteme yabyo no gukemura ibibazo byose bishobora kuvuka muri iryo tumanaho.
Assistant Commissioner Moses Ntawiheba washoje aya mahugurwa, yashimiye Polisi ku bufatanye bwiza bagirana mu bikorwa bitandukanye anashimiraAbitabiriye aya mahugurwa ku myitwarire myiza bagaragaje no gukunda amasomo.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.