Ni amahugurwa yateguwe n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda. Muri aba 35 barangije aya mahugurwa harimo ba Ofisiye bato 5, ba Suzofisiye 9 hamwe na 21 afite ipeti rya Warder.
Iri tumanaho rigezweho rigizwe n’ibikoresho by’amaradiyo y’itumanaho afite ikoranabuhanga rigezweho ku rwego mpuzamahanga rifasha inzego z’umutekano gutumanaho mu buryo butekanye kandi bwihuse. Abarangije aya mahugurwa bakaba bafite ubumenyi kubikoresha, kwinjira muri sisiteme yabyo no gukemura ibibazo byose bishobora kuvuka muri iryo tumanaho.
Assistant Commissioner Moses Ntawiheba washoje aya mahugurwa, yashimiye Polisi ku bufatanye bwiza bagirana mu bikorwa bitandukanye anashimiraAbitabiriye aya mahugurwa ku myitwarire myiza bagaragaje no gukunda amasomo.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.