Categories: Amakuru ya RCSSlider

Abakozi 35 ba RCS barangije amahugurwa y’itumanaho rigezweho mu nzego z’umutekano

Ni amahugurwa yateguwe n’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda. Muri aba 35 barangije aya mahugurwa harimo ba Ofisiye bato 5, ba Suzofisiye 9 hamwe na 21 afite ipeti rya Warder.

Iri tumanaho rigezweho rigizwe n’ibikoresho by’amaradiyo y’itumanaho afite ikoranabuhanga rigezweho ku rwego mpuzamahanga rifasha inzego z’umutekano gutumanaho mu buryo butekanye kandi bwihuse. Abarangije aya mahugurwa bakaba bafite ubumenyi kubikoresha, kwinjira muri sisiteme yabyo no gukemura ibibazo byose bishobora kuvuka muri iryo tumanaho.

Assistant Commissioner Moses Ntawiheba washoje aya mahugurwa, yashimiye Polisi ku bufatanye bwiza bagirana mu bikorwa bitandukanye anashimiraAbitabiriye aya mahugurwa ku myitwarire myiza bagaragaje no gukunda amasomo.

Assistant Commissioner Moses Ntawiheba.
Felix NDAYAMBAJE

Recent Posts

Abana 11 bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare basoje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…

3 days ago

Minisitiri Biruta yashimye ubwitange bwaranze abakozi ba RCS bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…

2 weeks ago

Korali Ambassador of Christ yakoreye igiterane mu Igororero rya Nyarugenge

Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…

2 weeks ago

RCS yibutse ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b’amagereza bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…

3 weeks ago

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

3 weeks ago

Abagororwa basaga 2700 bahamwe n’icyaha cya jenoside barishimira ko basoje amahugurwa.

Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…

4 weeks ago

This website uses cookies.