Categories: Amakuru ya RCS

DCGP Jeanne Chantal UJENEZA kuwa 04/10/2016 yatangirije igihembwe cya mbere cy’ihinga (season A) kuri gereza ya Rwamagana

DCGP Jeanne Chantal UJENEZA hagati, iburyo ni SP James MUGISHA  umuyobozi wa gereza ya Rwamagana ubwo bari mugikorwa cyo gutera imbuto y’ibigori kuri Ha 282.

Iki gikorwa cyari mu rwego rwo gushishikariza abashinzwe iby’ubuhinzi kuri za gereza zose mu gihugu , ariko anatanga urugero rwiza nk’umuyobozi yavuze ko “abacungareza bafatanyije n’abagororwa RCS yabona umusaruro unshimishije muri rusange’’

Umuyobozi wa gereza ya Rwamagana SP James MUGISHA we yavuze ko  “bateguye guhinga k’ubutaka bungana na Ha 282 bwose buzahingwaho ibigori , hateganyijwe ko bazeza nibura kuri Ha 1 toni 3.5”.

Gereza ya Rwamagana mu mwaka w’ingengo y’imari 2015-2016 yinjije mu isanduka ya reta miliyoni 672, bikaba biteganyijwe ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari 2016-2017 iyi gereza izinjiza nibura miliyoni 710 z’amafarananga y’u Rwanda.

SP James MUGISHA yakomeje asobanura ko hari ingamba bafashe mu rwego  rwo gukumira inzitizi zishobora kubangamira umusaruro nko gucukura imigende y’amazi mu bishanga ahubwo ayo mazi agakoreshwa kuhira imyaka.

SP James MUGISHA avugako bafashe ingaba yo gutera ku gihe urugero avugako hari amabwiriza y’ihinga atangwa na minisiteri y’ubuhizi n’ubworozi biteganyijwe ko nibura gutera bitagombye kurenza itariki ya 20/10/2016 ariko ngo kuri Gereza ya RWAMAGANA ntibazarenza tariki ya 15/10/2016.

rcspet

Recent Posts

Ikoranabuhanga rya E-Huza ni imwe muri gahunda yo kwihutisha serivisi kubasura n’abasurwa

Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…

22 hours ago

Abana 11 bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare basoje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…

4 days ago

Minisitiri Biruta yashimye ubwitange bwaranze abakozi ba RCS bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…

2 weeks ago

Korali Ambassador of Christ yakoreye igiterane mu Igororero rya Nyarugenge

Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…

2 weeks ago

RCS yibutse ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b’amagereza bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…

3 weeks ago

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

3 weeks ago

This website uses cookies.