Ni amahugurwa ari gutangwa ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), hamwe n’Umuryango ‘Rwanda Bridges to Justice ufatanyije na International Bridges to Justice.’
Intego nyamukuru y’aya mahugurwa ni ukongerera ubumenyi n’ubushobozi abakozi ba RCS ku mategeko y’igihugu, ay’akarere n’ay’Isi yose yashyizweho hagamijwe kurwanya ivangura no kurengera uburenganzira bwa muntu, kugira ngo bashobore gukumira, gutahura no gukemura ibibazo by’ivangura mu Magororero.
Aya mahugurwa kandi agamije kubongerera ubumenyi bwo gukurikirana imanza no gutanga raporo zinoze, guhagararira iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku bagororwa by’umwihariko abagore, abafite ubumuga, n’abandi bafite ubumenyi n’ubushobozi bucye.
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
This website uses cookies.