Ni amahugurwa ari gutangwa ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), hamwe n’Umuryango ‘Rwanda Bridges to Justice ufatanyije na International Bridges to Justice.’
Intego nyamukuru y’aya mahugurwa ni ukongerera ubumenyi n’ubushobozi abakozi ba RCS ku mategeko y’igihugu, ay’akarere n’ay’Isi yose yashyizweho hagamijwe kurwanya ivangura no kurengera uburenganzira bwa muntu, kugira ngo bashobore gukumira, gutahura no gukemura ibibazo by’ivangura mu Magororero.
Aya mahugurwa kandi agamije kubongerera ubumenyi bwo gukurikirana imanza no gutanga raporo zinoze, guhagararira iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ku bagororwa by’umwihariko abagore, abafite ubumuga, n’abandi bafite ubumenyi n’ubushobozi bucye.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.