Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry'abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa
CG Evariste Murenzi, arikumwe n’itsinda ry’umuryango Stirling Foundation, abaterankunga b’umushinga wa Half way home Social reintegration Center (HWHSRC), basuye ibikorwa…
Abana 16 bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, uyumunsi bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, nkuko mu gihugu hose…
Munsenyeri Ntivuguruzwa Bartazar, Umushumba wa Diyosezi gatulika ya Kabgayi, taliki ya 23 Kamena 2024, yasuye Igororero rya Nyanza anahaturira igitambo…
Nk’uko bimenyerewe ko buri taliki ya 16 Kamena buri mwaka hizihizwa umunsi w’umwana w’umunyafurika, muri uyu mwaka guhera kuri iyo…
Umuhango wo gusoza aya mahugurwa yahabwaga abakozi 167, baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’U Rwanda, wabaye taliki ya 20 Kamena…
Minisitiri w’Intebe Dr Eduard Ngirente, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yatanze ipeti rya Assistant inspector, kuri ba ofisiye…
Abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mu bihangano bitandukanye bagaragarije abitabiriye umunsi w’umwana w’umunyafuriaka, ufite insanganyamatsiko igira iti “uburezi…
Nyiricyubahiro Musenyeri Sinayobye Eduard, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu, yatuye igitambo cya Misa mu Igororero rya Nyanza, aho yari…
Ubuyobozi bw’Igororero rya Rubavu, bwakoze igikorwa cyo koroza inka umuturage warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wo mu murenge wa…
This website uses cookies.