Mu bagize itsinda ry’abaganirije abagore bagororerwa mu Igororero rya Ngoma, ni abashinzwe gukurikirana umunsi ku munsi uko hakwirindwa icyo cyorezo, barimo Dr Gahima John umuyobozi w’ibitaro bya Kibungo, Captain Peter Nemeye, ushinzwe ubuvuzi muri burigade y’uburasirazuba, Rurangwa Diogene ukora muri Minisante, Dukuzimana Marie Alice, Ukuriye ubuzima mu Karere, batanga ikiganiro ku bwirinzi bw’icyorezo kiri mubihangayikishije isi muri iyi minsi.
Mu bibazo abagororwa babajije, nuko bari bafite amatsiko yuko icyo cyorezo cyandura n’uburyo cyakwirindwa ndetse n’ingamba bafata mu rwego rw’ubwirinzi, aho bahawe ubusonuro bwimbitse kuri iki cyorezo ndetse n’uburyo bakwirinda kugira ngo hatazagira aho imenera kandi kuyirinda bishoboka, ariko babasaba ko mubyo bagomba kwita ku isuku kuko ariho yandurira cyane kandi ko nubwo yaba atari ukwirinda icyorezo ko isuku ari ngezi mubuzima.
Mu minsi yashize nibwo hadutse icyorezo cy’ubushita bw’inkende (MPOX) aho isi yose yashize imbaraga mu guhangana nacyo bitewe nuko cyari kimaze guhitana abantu benshi kandi mu gihe gito.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.