Amakuru ya RCS

DCGP Rose Muhisoni ari muri Ghana mu nama ya komite nyobozi y’ibihugu bya Afurika bifite inshingano zo kugorora ACSA

Iyi nama iri kuba mu rwego rwo gushakira hamwe ibisubizo no kwimakaza umubano hagati y’ibyo bihugu bifite inshingano mu kugorora…

4 years ago

Mu kwizihiza umunsi mukuru w’umwana w’umunyafurika abana ba gereza y’abana ya Nyagatare bibukijwe ko aribo maboko y’igihugu mu minsi imbere

Buri mwaka taliki ya 16 Kamena ku isi yose hizihizwa umunsi mukuru w’umwana w’umunyafurika, aho muri RCS wizihirijwe kuri gereza…

4 years ago

“Ubumenyi bwigirwa muri gereza ni nk’ubwigirwa ahandi hose” CGP Juvenal MARIZAMUNDA”

Komiseri Mukuru w’urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa RCS, CGP Juvenal Marizamunda mu muhango wo guha impamyabushobozi Imfungwa n’Abagororwa basoje kwiga…

4 years ago

UNISFA yatoranyije SP Christine Mukankwaya mu bagore bazahatanira ibihembo bagaragaje udushya n’ubwitange mu butumwa bw’amahoro ku isi.

SP Christine Mukankwaya yatoranyijwe mubandi bagore barikumwe muri ubwo butumwa bw’amahoro muri Sudani, akazahatana n’abandi bagore baturutse mu bindi bihugu…

4 years ago

Brigadier General Antonio Maurice – SERNAP Umuyobozi wa magereza muri Mozambique we n’itsinda yarayoboye basuye RCS

Kuri uyu wa mbere taliki ya 06 Kamena 2022, itsinda riturutse mu gihugu cya Mozambique riyobowe na Brigadier General Antonio…

4 years ago

Kurwego rw’Igihugu bwa mbere Imfungwa n’Abagororwa basaga 600 bahawe impamyabushobozi mu myuga bigiye muri za Gereza

Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022, kuri gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere habereye ibirori byo kurwego rw’Igihugu, aho abagororwa…

4 years ago

Ubumenyi umusingi ukomeye mu kugorora Imfungwa n’abagororwa.

Imfungwa n’abagororwa bo muri gereza zitandukanye, bavuga ko ubumenyi bahabwa bari muri gereza aribwo:Gusoma, kubara no kwandika ari umusingi ukomeye…

4 years ago

Uri muri gereza ashobora gufasha umuryango we uri hanze binyuze mu bikorwa nyongeramusaruro

Muri gereza abarimo bakora ibintu bitandukanye aribyo bikorwa nyongeramusaruro bituma babasha kubona amafaranga aturutse ku giciro cyicyo yakoze kikagurishwa agahabwaho…

4 years ago

Mw’izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Minisitiri Alfred GASANA yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prison Abacungagereza batanu

Kigali, kuwa 24 Gashyantare 2022 Uyu munsi kuwa 24 Gashyantare 2022, ku Cyicaro Gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, habereye…

4 years ago

This website uses cookies.