Mu rwego rwo kureba uko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa muri gereza zo mu Rwanda, Michel Arrion uhagarariye umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi mu Rwanda yasuye gereza ya Nyanza izwi rya Mpanga ashima uko abafungiyemo babayeho.
Muri urwo ruzindiko rwe rwabaye tariki 21/05/2013, Ambassaderi Michel Arrion a bamwe mu bajyanama be mu bya politiki batambagijwe ibice binyuranye bya gereza ya Nyanza ari nako basobanurirwa imibereho y’imfungwa n’abagororwa bayifungiyemo.
Nta gice na kimwe kigize iyo gereza Ambassaderi Michel atagezemo kuko yagejejwe aho imfungwa n’abagororwa b’ibyaha bitandukanye bafungiye ndetse asoreza uruzinduko rwe mu gice gifungiyemo imfungwa zaturutse mu gihugu cya cya Sierra Leone.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.