Mu rwego rwo kureba uko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa muri gereza zo mu Rwanda, Michel Arrion uhagarariye umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi mu Rwanda yasuye gereza ya Nyanza izwi rya Mpanga ashima uko abafungiyemo babayeho.
Muri urwo ruzindiko rwe rwabaye tariki 21/05/2013, Ambassaderi Michel Arrion a bamwe mu bajyanama be mu bya politiki batambagijwe ibice binyuranye bya gereza ya Nyanza ari nako basobanurirwa imibereho y’imfungwa n’abagororwa bayifungiyemo.
Nta gice na kimwe kigize iyo gereza Ambassaderi Michel atagezemo kuko yagejejwe aho imfungwa n’abagororwa b’ibyaha bitandukanye bafungiye ndetse asoreza uruzinduko rwe mu gice gifungiyemo imfungwa zaturutse mu gihugu cya cya Sierra Leone.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.