Inteko y’Akarere ka Gasabo yasuye Igororero rya Nyarugenge baganira n’abagororwa bahagororerwa b’imirenge iri muri ako karere
Uyu munsi kuwa 24 Ukwakira 2023, ku Igororero rya Nyarugenge habereye Inteko y’abaturage y’Akarere ka Gasabo iyobowe n’Umuyobozi Wungirije w’Umujyi Madam wa Kigali Ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza Urujeni Martine, arikumwe n’Umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo Umwali Pauline, murwego rwo gukemura bimwe mu bibazo ababarizwa mu mirenge y’akarere ka Gasabo bari mu Igororero rya Nyarugenge baba bafite.