
Abana bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare baheruka gukora ibizamini bya Leta batsinze bose
Mu nkuru ziheruka hari Abana bakoze ibizamini b’igororero ry’abana rya Nyagatare by’umwaka wa 2023/2024, 16 bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuli abanza ndetse n’abandi bane (04) bakoze ikizamini cya Leta gisoza icyicyiro rusange, abo bose uko bakoze ibyo bizamini babitsinze kandi neza nkuko byatangajwe na NESA.