Mu magororero yose yo mu Rwanda usanga habarizwamo amadini yemewe atandukanye kuburyo umuntu uje gufungwa atabura amahirwe ku burenganzira bwe ku idini, aho usanga akigera ku igororero amwe mu makuru abazwa hakubiyemo n’ay’idini abarizwamo. Ibi bikamufasha kutigunga no kuba yatekereza nabi mugihe cyose akibarizwa mu igororero kandi ibi binamufasha kugororoka bitewe n’inyigisho z’iyobokamana bahabwa mu rwego rw’idini.
Uburenganzira ku idini ni bumwe mu burenganzira bw’ibanze ku muntu ufunzwe kimwe n’undi muntu wese.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.