Mu magororero yose yo mu Rwanda usanga habarizwamo amadini yemewe atandukanye kuburyo umuntu uje gufungwa atabura amahirwe ku burenganzira bwe ku idini, aho usanga akigera ku igororero amwe mu makuru abazwa hakubiyemo n’ay’idini abarizwamo. Ibi bikamufasha kutigunga no kuba yatekereza nabi mugihe cyose akibarizwa mu igororero kandi ibi binamufasha kugororoka bitewe n’inyigisho z’iyobokamana bahabwa mu rwego rw’idini.
Uburenganzira ku idini ni bumwe mu burenganzira bw’ibanze ku muntu ufunzwe kimwe n’undi muntu wese.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
This website uses cookies.