Mu magororero yose yo mu Rwanda usanga habarizwamo amadini yemewe atandukanye kuburyo umuntu uje gufungwa atabura amahirwe ku burenganzira bwe ku idini, aho usanga akigera ku igororero amwe mu makuru abazwa hakubiyemo n’ay’idini abarizwamo. Ibi bikamufasha kutigunga no kuba yatekereza nabi mugihe cyose akibarizwa mu igororero kandi ibi binamufasha kugororoka bitewe n’inyigisho z’iyobokamana bahabwa mu rwego rw’idini.
Uburenganzira ku idini ni bumwe mu burenganzira bw’ibanze ku muntu ufunzwe kimwe n’undi muntu wese.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.