CP R NIYONSHUTI, Umuyobozi w’Ishuri rya Polisi rya Gishari(PTS Gishari) niwe wari umushyitsi mukuru muri iki gikorwa cyo gusoza aya mahugurwa y’ibyumweru 15 yaberaga ku ishuri rya Polisi riherereye I Gishari ho mu karere ka Rwamagana, Urwego rw’U Rwanda rushinzwe igorora rwari ruhagarariwe n’Umuyobozi w’Ishuri rya RCS (RTS Rwamagana), SSP Olivier BAZAMBANZA.
Muri aya masomo bahawe, hakubiyemo arebana no kwigisha abandi bakozi mu buryo bwa kinyamwuga nabyo bishingiye ku masomo aba yarateganijwe.
Bahawe impanuro yo kuzakoresha neza ubumenyi bahawe mu rwego rwo kwigisha bagenzi babo no kubaka Ubunyamwuga mu bakozi ba RCS banibutswa ko bagomba gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.