Aba bana batangiye ibizamini, harimo abahungu 16 ndetse n’umukobwa umwe. Bose uko ari 17 bari gukorana n’abandi bana ku Rwunge rw’amashuri rwa Nyagatare (GS Nyagatare).
Ishuri ry’Igororero ry’abana rya Nyagatare ryigisha rigendeye na ryo ku nteganyanyigisho isanzwe ya Leta. Bityo bituma umwana uje kugororwa akomeza amasomo ye kandi nk’uko buri mwaka bigaragara batsinda ku rwego rushimishije.
Mu ishuri ry’Igororero ry’abana rya Nyagatare harimo icyiciro cy’amashuri abanza (Primary school) ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’Level).
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora muri gahunda yarwo yo kugorora rwashyize imbere uburezi aho abagororwa bose mu byiciro barimo bigishwa kandi ku buntu. Ibi bikaba kimwe mu bifasha umugororwa kuzasubira mu muryango afite icyo azimarira kandi bikanamurinda kongera kwijandika mu byaha.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.