Aba bashyitsi baturutse muri iri Torero rya Angilikani mu Rwanda (EAR), barimo: Rev. Sano Stephen, Rev. Alex Benimana na Rev. Frank Samugabo. Bakaba baje baherekejwe na Bwana Ndengeyinka William wari uhagarariye Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST).
Mu nkunga batanze harimo ibiryamirwa n’ibikoresho by’isuku bitandukanye biromo: matela 50, ibiringiti 100, reusable pads 84, jelly 50, indobo 50, amabase 50, isabune amakarito 10, impapuro z’isuku amapaki 10, ndetse n’uburoso n’imiti by’amenyo bigera kuri 50.
Bamwe mu bafashe ijambo batanze inyigisho ziganjemo amagambo y’ihumure n’icyizere cyo kubaho no kumenya ko batagomba kwiyumva nk’ibicibwa, ko ahubwo bagomba gukurikira inyigisho bahabwa ku Igororero bakazataha baragororotse kuko igihugu kikibakeneye. Aba bakirisito kandi bavuze ko barimo gutegura gahunda irambye yo gutera inkunga iri Gororero ry’abana rya Nyagatare.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.