
Iteka rya Minisitiri ryemeje ifungurwa ry’agateganyo ku bagororwa 1803
Mu Nama y’Abaminisitiri iheruka yateranye ku wa 8 Nzeri 2022, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ku bagororwa 1803, Abagabo bakaba banga ni 1707 n’Abagore 96 bujuje ibisabwa n’amategeko.



