
Itsinda ry’abashyitsi baribaturutse muri USAID ikigo cy’ Abanyamerika gitanga ubufasha butandukanye mu baturage ku isi, basuye Igororero rya Rwamagana
Mubyagenzaga abo bashyitsi, harimo kuganira n’Abagororwa n’abantu bafunzwe bari mu igororero rya Rwamagana kubijyanye n’imibereho, ubuzima ndetse na serivisi z’ubutabera bahabwa bari mu Igororero.




