Ni abakozi 41 bashinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’imfungwa barimo abagabo 17 n’abagore 24. Amahugurwa bahawe yari agamije kubongerera ubumenyi mu bijyanye no kwita ku bantu bafunzwe n’abandi bakekwaho kuba barakoze ibyaha ndetse bashishikarizwa no kwita ku burenganzira bwa muntu cyanecyane uburenganzira bw’abafunzwe.