Nkuko ubuyobozi bw’Igorororero rya Rubavu bubivuga, ibi biri muri gahunda yashyizweho n’Igororero murwego rwo kurushaho kw’imakaza ubumwe bw’Abanyarwanda.
Ubuyobozi buragira buti” mu byukuri iyi ni gahunda yatekerejweho n’ubuyobozi bw’Igororero rya Rubavu, mu rwego rwo kwigisha abantu bafunzwe kwirinda ivangura n’amacakubiri aho byaturuka hose.
Mu bizibandwaho mu gikorwa kizamara ukwezi, harimo ibiganiro bitandukanye bijyanye nubumwe nubwiyunge na ndi umunyarwanda, inyigishyo n’indirimbo zitandukanye zahimbwe n’amatsinda atandukanye z’ubumwe n’ubwiyunge ndetse n’izimakaza gahunda ya ndi umunyarwanda.
Iyi gahunda ni gahunda yashyizweho na Leta y’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda, guhashya no gukumira amacakubiri hirindwa icyatuma abanyarwanda bongera kurangwa n’amacakubiri yatumye imbaga y’Abatutsi basaga Miliyoni bicwa muri Genoside yakorewe Abatutsi mata 1994.
Aba ni Abagororwa n’Abafungwa b’Igororero rya Rubavu bari muri gahunda ya Ndi Umunyarwanda.
Ibikorwa bya Ndi Umunyarwanda bituma abari mu igororero babasha kwiyumvanamo.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.