Aya mahugurwa yatangiriye ku bakozi 36 ba RCS, barimo Abofisiye 12, Abasuzofisiye na WDRs 23 ndetse n’umukozi umwe w’umusivile. Aba bakaba baturutse mu Magororero atandukanye aherereye hirya no hino mu gihugu.
Senior Superintendent Jean Pierre Bazambanza Umuyobozi w’Agateganyo w’Ishuri rya RCS Rwamagana, mu gutangiza amahugurwa yavuze ko akamaro k’aya amahugurwa ari ukongerera ubumenyi n’ububushobozi abakozi ba RCS kugira ngo barusheho gukora inshingano zabo z’igorora mu buryo bwa kinyamwuga.
Aya mahugurwa ni intambwe ikomeye mu rugendo rwa RCS rwo kwihutisha impinduka zishingiye ku ikoranabuhanga mu mikorere y’Amagororero n’imikoranire inoze n’izindi nzego z’Ubutabera.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.