Aya mahugurwa yatangiriye ku bakozi 36 ba RCS, barimo Abofisiye 12, Abasuzofisiye na WDRs 23 ndetse n’umukozi umwe w’umusivile. Aba bakaba baturutse mu Magororero atandukanye aherereye hirya no hino mu gihugu.
Senior Superintendent Jean Pierre Bazambanza Umuyobozi w’Agateganyo w’Ishuri rya RCS Rwamagana, mu gutangiza amahugurwa yavuze ko akamaro k’aya amahugurwa ari ukongerera ubumenyi n’ububushobozi abakozi ba RCS kugira ngo barusheho gukora inshingano zabo z’igorora mu buryo bwa kinyamwuga.
Aya mahugurwa ni intambwe ikomeye mu rugendo rwa RCS rwo kwihutisha impinduka zishingiye ku ikoranabuhanga mu mikorere y’Amagororero n’imikoranire inoze n’izindi nzego z’Ubutabera.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.