Categories: Amakuru ya RCS

Perezida wa Repubulika yazamuye mu ntera Komiseri Mukuru wungirije wa RCS.

Kuwa 04/11/2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda H.E Paul KAGAME, yazamuye mu ntera ACP Rose MUHISONI, ahabwa ipeti rya Deputy Commissioner General of Prisons (DCGP).
DCGP Rose MUHISONI, yimuriwe mu rwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa mu nama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 13 Ukwakira 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, agirwa Komiseri Mukuru wungirije (DCG) w’U rwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa.
Kuva RCS yashingwa mu mwaka wa 2010, DCGP Rose MUHISONI abaye uwa gatatu muri ba Komiseri Bakuru bungirije b’uru rwego, nyuma ya DCGP Mary GAHONZIRE, na DCGP Jeanne Chantal UJENEZA.
rcspet

Recent Posts

Ikoranabuhanga rya E-Huza ni imwe muri gahunda yo kwihutisha serivisi kubasura n’abasurwa

Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…

21 hours ago

Abana 11 bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare basoje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…

4 days ago

Minisitiri Biruta yashimye ubwitange bwaranze abakozi ba RCS bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…

2 weeks ago

Korali Ambassador of Christ yakoreye igiterane mu Igororero rya Nyarugenge

Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…

2 weeks ago

RCS yibutse ku nshuro ya 32 abahoze ari abakozi b’amagereza bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…

3 weeks ago

Abasura n’abagororwa ba b’amagororero ya Musanze na Rubavu baravuga ko E-Huza iziye igihe

RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…

3 weeks ago

This website uses cookies.