Categories: Amakuru ya RCS

Perezida wa Repubulika yazamuye mu ntera Komiseri Mukuru wungirije wa RCS.

Kuwa 04/11/2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda H.E Paul KAGAME, yazamuye mu ntera ACP Rose MUHISONI, ahabwa ipeti rya Deputy Commissioner General of Prisons (DCGP).
DCGP Rose MUHISONI, yimuriwe mu rwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa mu nama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 13 Ukwakira 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, agirwa Komiseri Mukuru wungirije (DCG) w’U rwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa.
Kuva RCS yashingwa mu mwaka wa 2010, DCGP Rose MUHISONI abaye uwa gatatu muri ba Komiseri Bakuru bungirije b’uru rwego, nyuma ya DCGP Mary GAHONZIRE, na DCGP Jeanne Chantal UJENEZA.
rcspet

Recent Posts

Imishinga migari ya RCS igamije kugabanya insubiracyaha no guteza imbere abagororwa

Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…

6 days ago

Abagororwa n’abakozi ba RCS bifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…

2 weeks ago

Abakozi ba RCS bari mu butumwa bw’amahoro bifatanyije n’abandi Banyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi  mu 1994

Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…

2 weeks ago

Umwanditsi Yolande Mukagasana yamuritse Igigitabo yise “Umurage w’urubyiruko” imbere y’abagororwa

Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…

3 weeks ago

Umunyamabanga w’Urukiko Mpuzamaha rwa IRMCT yakiriwe ku Biro Bikuru bya RCS mu ruzinduko rwakazi arimo

Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…

3 weeks ago

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yasuye abakora imirimo nsimburagifungo

Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…

1 month ago

This website uses cookies.