Mu butumwa yagejeje ku bagororwa bari bitabiriye iyi Misa, Musenyeri yabashishikarije gukomeza urugendo rwo kwisubiraho no gusukura imitima yabo, abibutsa ko n’aho bari hashobora kuba ahantu h’impinduka no gukura mu kwemera, kuko aho bari naho ari ahantu hashobora kubagezaho ku byiza.
Musenyeri yageneye kandi abagororwa impano y’Ibitabo Bitagatifu (Bibiliya) n’amashapure, abibutsa agaciro k’amasengesho mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane mu bihe bigoye.
Mu gusoza, yashimiye ubuyobozi bwa bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) by’umwihariko abo mu Igororero rya Nyanza bamuhaye ikaze ngo asure ndetse anasangize ijambo ry’Imana abagororwa, abashimira uburyo bakira abashyitsi n’uruhare rwabo mu gufasha abagororwa kwiyubaka mu buryo bwose.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.