Mu butumwa yagejeje ku bagororwa bari bitabiriye iyi Misa, Musenyeri yabashishikarije gukomeza urugendo rwo kwisubiraho no gusukura imitima yabo, abibutsa ko n’aho bari hashobora kuba ahantu h’impinduka no gukura mu kwemera, kuko aho bari naho ari ahantu hashobora kubagezaho ku byiza.
Musenyeri yageneye kandi abagororwa impano y’Ibitabo Bitagatifu (Bibiliya) n’amashapure, abibutsa agaciro k’amasengesho mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane mu bihe bigoye.
Mu gusoza, yashimiye ubuyobozi bwa bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) by’umwihariko abo mu Igororero rya Nyanza bamuhaye ikaze ngo asure ndetse anasangize ijambo ry’Imana abagororwa, abashimira uburyo bakira abashyitsi n’uruhare rwabo mu gufasha abagororwa kwiyubaka mu buryo bwose.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
This website uses cookies.