Mu butumwa yagejeje ku bagororwa bari bitabiriye iyi Misa, Musenyeri yabashishikarije gukomeza urugendo rwo kwisubiraho no gusukura imitima yabo, abibutsa ko n’aho bari hashobora kuba ahantu h’impinduka no gukura mu kwemera, kuko aho bari naho ari ahantu hashobora kubagezaho ku byiza.
Musenyeri yageneye kandi abagororwa impano y’Ibitabo Bitagatifu (Bibiliya) n’amashapure, abibutsa agaciro k’amasengesho mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane mu bihe bigoye.
Mu gusoza, yashimiye ubuyobozi bwa bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) by’umwihariko abo mu Igororero rya Nyanza bamuhaye ikaze ngo asure ndetse anasangize ijambo ry’Imana abagororwa, abashimira uburyo bakira abashyitsi n’uruhare rwabo mu gufasha abagororwa kwiyubaka mu buryo bwose.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.