Mu butumwa yagejeje ku bagororwa bari bitabiriye iyi Misa, Musenyeri yabashishikarije gukomeza urugendo rwo kwisubiraho no gusukura imitima yabo, abibutsa ko n’aho bari hashobora kuba ahantu h’impinduka no gukura mu kwemera, kuko aho bari naho ari ahantu hashobora kubagezaho ku byiza.
Musenyeri yageneye kandi abagororwa impano y’Ibitabo Bitagatifu (Bibiliya) n’amashapure, abibutsa agaciro k’amasengesho mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane mu bihe bigoye.
Mu gusoza, yashimiye ubuyobozi bwa bw’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) by’umwihariko abo mu Igororero rya Nyanza bamuhaye ikaze ngo asure ndetse anasangize ijambo ry’Imana abagororwa, abashimira uburyo bakira abashyitsi n’uruhare rwabo mu gufasha abagororwa kwiyubaka mu buryo bwose.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.