Ni umuhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo izibanze, iz’ubutabera, abafatanyabikorwa batandukanye, ndetse n’abakozi batandukanye b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora, mu rwego rwo gusobanurira abari mumagororero uburenganzira bafite mu kunganirwa mu mategeko, kuko hari benshi baba bari mu magororero ariko badasobanukiwe uburenganzira bwabo ugasanga hari serivisi batajya basaba kandi ari ngombwa kuribo, biturutse kukuba badafite amakuru ahagije kuri ibyo bintu, akaba ariyo mpamvu yubwo bukangurambaga kugirango bamenye ibijyanye n’uburenganzira bwabo mumategeko.
Ubukangurambaga ku bintu runaka buba bukwiriye kuko hari igihe, usanga hari abantu bakora ikintu kuberako ntamakuru bagifiteho ariko iyo bukozwe ntawakongera kwitwaza ko ntamakuru yari afite ahubwo ayaha n’abandi baziranye.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.