Ni umuhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo izibanze, iz’ubutabera, abafatanyabikorwa batandukanye, ndetse n’abakozi batandukanye b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora, mu rwego rwo gusobanurira abari mumagororero uburenganzira bafite mu kunganirwa mu mategeko, kuko hari benshi baba bari mu magororero ariko badasobanukiwe uburenganzira bwabo ugasanga hari serivisi batajya basaba kandi ari ngombwa kuribo, biturutse kukuba badafite amakuru ahagije kuri ibyo bintu, akaba ariyo mpamvu yubwo bukangurambaga kugirango bamenye ibijyanye n’uburenganzira bwabo mumategeko.
Ubukangurambaga ku bintu runaka buba bukwiriye kuko hari igihe, usanga hari abantu bakora ikintu kuberako ntamakuru bagifiteho ariko iyo bukozwe ntawakongera kwitwaza ko ntamakuru yari afite ahubwo ayaha n’abandi baziranye.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.