Ni umuhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo izibanze, iz’ubutabera, abafatanyabikorwa batandukanye, ndetse n’abakozi batandukanye b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora, mu rwego rwo gusobanurira abari mumagororero uburenganzira bafite mu kunganirwa mu mategeko, kuko hari benshi baba bari mu magororero ariko badasobanukiwe uburenganzira bwabo ugasanga hari serivisi batajya basaba kandi ari ngombwa kuribo, biturutse kukuba badafite amakuru ahagije kuri ibyo bintu, akaba ariyo mpamvu yubwo bukangurambaga kugirango bamenye ibijyanye n’uburenganzira bwabo mumategeko.
Ubukangurambaga ku bintu runaka buba bukwiriye kuko hari igihe, usanga hari abantu bakora ikintu kuberako ntamakuru bagifiteho ariko iyo bukozwe ntawakongera kwitwaza ko ntamakuru yari afite ahubwo ayaha n’abandi baziranye.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.