Ni umuhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo izibanze, iz’ubutabera, abafatanyabikorwa batandukanye, ndetse n’abakozi batandukanye b’Urwego rw’U Rwanda rushinzwe Igorora, mu rwego rwo gusobanurira abari mumagororero uburenganzira bafite mu kunganirwa mu mategeko, kuko hari benshi baba bari mu magororero ariko badasobanukiwe uburenganzira bwabo ugasanga hari serivisi batajya basaba kandi ari ngombwa kuribo, biturutse kukuba badafite amakuru ahagije kuri ibyo bintu, akaba ariyo mpamvu yubwo bukangurambaga kugirango bamenye ibijyanye n’uburenganzira bwabo mumategeko.
Ubukangurambaga ku bintu runaka buba bukwiriye kuko hari igihe, usanga hari abantu bakora ikintu kuberako ntamakuru bagifiteho ariko iyo bukozwe ntawakongera kwitwaza ko ntamakuru yari afite ahubwo ayaha n’abandi baziranye.
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
This website uses cookies.