Abagize iri tsinda ‘Living Oaks’ ryihebeye ibikorwa byo kwigisha Ijambo ry’Imana no gufasha abatishoboye hirya no hino ku Isi, bakiriwe neza n’abagororwa bo muri iri Gororero rya Nyarugenge ndetse n’ubuyobozi bw’Igororero muri rusange. Basuye ibikorwa bitandukanye by’igororero bifasha kugorora abakoze ibyaha, ku buryo basoza ibihano bakatiwe n’inkinko baramaze guhinduka mu buryo bushimishije, bikabafasha kubana neza n’umuryango nyarwanda.
Nyuma yo gusobanurirwa byinshi mu bihakorerwa, aba Bavugabutumwa bahakoreye igiterane mbaturamugabo, maze abagororwa bagezwaho ubutumwa bwiza. Abagize iri tsinda bashimiye uburyo bakiriwe neza n’ubuyobozi bw’iri Gororero na RCS muri muri rusange, ndetse basaba ko hazabaho amasezerano y’ubufatanye n’imikoranire hagati yabo n’ubuyobozi bw’Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora (RCS).
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.