Intego y’ urwo ruzinduko rwabo rugamije kuganiriza abantu bafunzwe bari mu Igororero rya Nyarugenge mu rwego rwo kwitegura umunsi mpuzamahanga w’amahoro uzizihizwa tariki 26/06/2023, aho abari muri iryo gororero bahawe ikiganiro kigaruka ku kwimika amahoro no kubana kivandimwe ku bantu bafunzwe ndetse no kugira umuco wo kwemera icyaha no gusaba imbabazi kubahemukiye bakabasha kubana neza kuko sosiyete nyarwanda ikeneye abantu babanye mu mahoro, icyo kiganiro kikaba cyatanzwe n’umunyamabanganshingabikorwa w’umurenge wa Gahanga Rutebuka Emmanuel, aza kunganirwa n’umukuru w’inama njyanama y’uwo murenge ndetse umwe mubasoje ibihano wahoze afunze ndetse na bamwe mu bagororwa bafunzwe bakomoka muri uwo murenge baboneraho kubaza ibibazo mbonezamubano.
Umuyobozi w’umunyamabanganshingabikorwa w’umurenge wa Gahanga Rutebuka Emmanuel, mu rwego rwo kwimakaza amahoro abantu bose bakwiye kugira umuco wo kubabarira.
Yagize ati” mubyukuri kugirango amahoro akameze asagambe muri sosiyete Nyarwanda buriwese yakabaye yiyumvamo umuco wo gusaba imbabazi no kubabarira, kuko iyo wakoze icyaha ugasaba imbabazi urabohoka, ndatse kandi niyo watanze imbabazi nabwo urabohoka, ndashishikariza buriwese urihano ibyo bintu kubigira ibyo kuko aribyo bizatuma amahoro arushaho gusagamba.
Muri mucyo Nyarwanda kubabarira ni ibintu bimenyerewe ku muntu wakoshereje mugenzi we, byaba ngombwa akica icyiru murwego rwo kurushaho guharanira amahoro mu miryango aho abantu batandukanye baba batuye.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
This website uses cookies.