Ryari rifite insanganyamatsiko igira iti” Ibaruze kuko uri uwagaciro” nkuko byari biteganyijwe ko rizasozwa kuwa 30 kanama 2022, niko byagenze mu Gihugu hose haraye hasojwe icyo gikorwa ndetse no muri gereza rirasozwa kuko abarimo nabo bagombaga kubarurwa nk’abandi baturarwanda bose bari mu gihugu, aho hari abakarani b’ibarura b’abacungagereza babihuguriwe akaba aribo bakoze icyo gikorwa muri za gereza.
Muri gereza zose abarimo bose barabaruwe kandi bose wabonaga ko ari ikikorwa bishimiye, ko Leta ibatekerezaho mu igenamigambi iteganya ryose itajya ibibagirwa ko nubwo umuntu aba ari muri gereza aba agifite agaciro nk’akundi munyarwanda wese kuko ari gahunda ya Leta yo kumenya abaturage igihugu gifite bikanoroshya igena mugambi mu gihe hari gutegurwa ibikorwa bigenewe abaturage.
Iki gikorwa cy’ibarura rusange gikorwa buri myaka icumi, imibare ivuyemo ikaba igaragaza abaturage igihugu gifite aho kugeza ubu ibarura ryakorwaga ari irya gatanu.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.