Ibiganiro byabo byagarutse ku ngamba z’ubufatanye hagati y’inzego zinyuranye mu guteza imbere uburere bwiza, kwigisha indangagaciro z’umuco nyarwanda no kubaka urubyiruko rufite icyerekezo. Urubuga Ngishwanama rwashimye uruhare rukomeye RCS ikomeje kugira mu bikorwa byo kugorora no gufasha abagororwa kwisubiraho, ari na byo bituma basubira mu miryango barushijeho gusobanukirwa uko bakwiye kwitwara n’inshingano zabo zo guteza imbere Igihugu nk’Abanyarwanda.
Abagize urwo rubuga bijeje ko bazakomeza gukora ubuvugizi ku nzego bireba, kugira ngo gahunda zo kugorora zishyirwa mu bikorwa na RCS zikomeze kugenda neza, zitange umusaruro wifuzwa kandi uhamye.
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
This website uses cookies.