Ibiganiro byabo byagarutse ku ngamba z’ubufatanye hagati y’inzego zinyuranye mu guteza imbere uburere bwiza, kwigisha indangagaciro z’umuco nyarwanda no kubaka urubyiruko rufite icyerekezo. Urubuga Ngishwanama rwashimye uruhare rukomeye RCS ikomeje kugira mu bikorwa byo kugorora no gufasha abagororwa kwisubiraho, ari na byo bituma basubira mu miryango barushijeho gusobanukirwa uko bakwiye kwitwara n’inshingano zabo zo guteza imbere Igihugu nk’Abanyarwanda.
Abagize urwo rubuga bijeje ko bazakomeza gukora ubuvugizi ku nzego bireba, kugira ngo gahunda zo kugorora zishyirwa mu bikorwa na RCS zikomeze kugenda neza, zitange umusaruro wifuzwa kandi uhamye.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.