Slider

RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya

RCS igiye guha inyigisho abari muri za gereza zizabafasha gukuza intekerezo ku byaha bikorwa kubera ubutamenya

4 years ago

Igikorwa cy’Ibibarura rusange cyakorwaga mu gihugu hose cyasojwe no muri za gereza kirasozwa

Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ni igikorwa kimaze igihe cy’ibyumweru bibiri, kuko cyatangiye kuwa 16 kanama gisozwa kuwa 30 kanama 2022,…

4 years ago

Hari ibyaha bigiye gukorwaho igeragezwa mu kugabanya ubucucike bugenda bufata indi ntera muri za gereza

Nyuma yo kubona hari ibyaha biri imbere mu gutuma habaho ubucukice muri za gereza, aribyo ubujura, gukubita no gukomeretsa Urwego…

4 years ago

Hari abagira amahirwe bakungukira mu gifungo, bakiga gusoma no kwandika bari muri gereza

Kwisanga uri muri gereza hari benshi babibyaza umusaruro, bakahakura ubumenyi butandukanye cyane nk’abataragize amahirwe yo gukandagira mu ishuri bakahigira gusoma,kubara…

4 years ago

Ibarurura Rusange  ry’Abaturage n’Imiturire ririmokorwa mu Rwanda hose, muri gereza naho ntihasigaye

Mu Gihugu hose guhera taliki ya 16 kugeza kuya 30 Kanama 2022, hazaba hari igikorwa cy’Ibarura Rusange ry’Abaturage, ni igikorwa…

4 years ago

Minisitiri Gasana yitabiriye umuhango wo gusezerera mu cyubahiro bacungagereza 86 bagiye kiruhuko cy’izabukuru

Uyu muhango wo gusezerera abacungagereza bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, wabereye ku cyicyaro gikuru cy’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, giherereye…

4 years ago

Abagize Inama y’Inama nkuru ya RCS, basuye gereza ya Rwamagana n’ishuri rya RCS Training School

Abayobozi b’Inama y’Inama Nkuru ya RCS (RCS High Council) bayobowe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu Hon. Alfred Gasana, basuye gereza…

4 years ago

Gusura kuri za gereza bigiye kuzajya biba kuwa gatandatu aho kuba kuwa gatanu nkuko byari bisanzwe

Byari bamaze kumenyerwa ko imiryango ifite ababo muri gereza zitandukanye, gusura ari kuwa gatanu ariko kubw’impamvu z’abantu benshi bafite akazi…

4 years ago

Abana ba gereza ya Nyagatare bizihije umunsi w’umuganura basangira amafunguro ya Kinyarwanda

Taliki ya 05 Kanama buri mwaka, ni umunsi wahariwe umuganura mu gihugu hose, ni umuhango umaze igihe kitari gito kuko…

4 years ago

Muri gereza y’abagore ya Ngoma abagore baravuga ko kwiga umwuga n’ubukorikori bibafasha kutihugiraho

Iyo ugeze kuri za gereza zitandukanye zigororerwamo abakoze ibyaha, uhasanga bamwe mubahagororerwa biga imyuga itandukanye ijyanye nibyifuzo by’umuntu na gahunda…

4 years ago

This website uses cookies.