Ubuyobozi bw’Urwego rw·u Rwanda Rushinzwe Igorora (RCS) buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kuba abakozi b’Umwuga b·u rwego rw·u Rwanda Rushinzwe lgorora ku rwego rwa Ofisiye ko
Ubuyobozi bw’Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kuba abakozi b’Umwuga b’U rwego rw’u Rwanda Rushinzwe lgorora ku rwego rwa Ofisiye ko
Kuwa 30/04/2024, mu cyumba cy’inama cy’Ubushinjacyaha Bukuru, habereye inama
idasanzwe y’Inama Nkuru y’Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora, iyobowe
n’Umushinjacyaha Mukuru akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Urwego rw’u Rwanda
rushinzwe Igorora, Bwana HAVUGIYAREMYE Aimable.
Hashingiwe ku itangazo ry’Ubuyobozi bw’Urwego rw’U Rwanda Rushinzwe lgorora (RCS) ryatanze kuwa 30/01/2024 rimenyesha abemerewe gukora amahugurwa y’ ‘abakozi bato b’umwuga ko amatariki yo kugera
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Urwanda Rushinzwe Igorora (RCS) buramenyeshaabemerewe gukora amahugurwa yo kuba abakozi bato b’Umwuga ko i Tariki ya 31/01/2024 bagombaga gutangira ayo mahugurwa yahindutse, indi
Ubuyobozi bw’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato b’umwuga b’Urwego rw’ U Rwanda rushinzwe lgorora (Basic Training Course) ko
Hashingiwe Ku itangazo Ubuyobozi bw’Urwego rw’ u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) bwatanze kuwa 15/12/2023, bumenyesha amatariki n’ahazakorerwa ibizamini by’abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS
Ubuyobozi bw’Urwego rw· U Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) buramenyesha abiyandikishije basaba kuba abakozi bato ba RCS (Basic Training Course) ko mu Gihugu hose ibizamini bizakorwa ku ma site n’amatariki bigaragara mu rnboneraharnwe. kandi ikizamini kikazajya gitangira saa mbiri za mu gitondo (08h00′)