Abagore bagororerwa mu magororero atandukanye mu gihugu, bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, bishimira uburyo abagore bitabwaho muri gahunda zose uburenganzira bwabo bukubahirizwa, aho abayobozi batandukanye muturere turimo amagororero arimo abo bagore baje kwifatanya n’abo bagore mukwizihiza umunsi mpuzamahanga murwego rwo kubereka ko nabo ari abaturage igihugu giha agaciro nkuko giha agaciro abandi baturage bose.
Amagororero arimo abagore mu gihugu ni 5 ariyo Igororero rya Ngoma nirya Nyamagabe agororerwamo abagore gusa, hakaza Nyarugenge na Musanze harimo ibice bibiri icy’abagabo n’icy’abagore hakiyongeraho Igororero ry’abana rya Nyagatare rigororerwamo abana naho hari ib’ibitsina byombi.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.