Abagore bagororerwa mu magororero atandukanye mu gihugu, bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, bishimira uburyo abagore bitabwaho muri gahunda zose uburenganzira bwabo bukubahirizwa, aho abayobozi batandukanye muturere turimo amagororero arimo abo bagore baje kwifatanya n’abo bagore mukwizihiza umunsi mpuzamahanga murwego rwo kubereka ko nabo ari abaturage igihugu giha agaciro nkuko giha agaciro abandi baturage bose.
Amagororero arimo abagore mu gihugu ni 5 ariyo Igororero rya Ngoma nirya Nyamagabe agororerwamo abagore gusa, hakaza Nyarugenge na Musanze harimo ibice bibiri icy’abagabo n’icy’abagore hakiyongeraho Igororero ry’abana rya Nyagatare rigororerwamo abana naho hari ib’ibitsina byombi.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.