Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day).
Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha amata baranywa barishima cyane.
Impano uyu muyobozi yageneye aba bana zigizwe n’ibikinisho bitandukanye bifasha abana kwishima no gukangura ubwonko bwabo maze bagakura bashyitse mu gihagararo no mu bwenge.
National Child Development Agency (NCDA), ni Ikigo cy’Igihugu cyashyizweho ku ntego nyinshi ziromo kurandura imirire mibi no kugabanya ikigero cy’igwingira mu bana bato, kurengera umwana no gukuraho uburyo bwose bw’ihohoterwa rikorerwa abana, no guharanira ko abana bafite ubumuga babona uburenganzira bwabo bwose ndetse n’ubwisanzure bw’ibanze ku buryo bungana n’abandi bana.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.