Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day).
Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha amata baranywa barishima cyane.
Impano uyu muyobozi yageneye aba bana zigizwe n’ibikinisho bitandukanye bifasha abana kwishima no gukangura ubwonko bwabo maze bagakura bashyitse mu gihagararo no mu bwenge.
National Child Development Agency (NCDA), ni Ikigo cy’Igihugu cyashyizweho ku ntego nyinshi ziromo kurandura imirire mibi no kugabanya ikigero cy’igwingira mu bana bato, kurengera umwana no gukuraho uburyo bwose bw’ihohoterwa rikorerwa abana, no guharanira ko abana bafite ubumuga babona uburenganzira bwabo bwose ndetse n’ubwisanzure bw’ibanze ku buryo bungana n’abandi bana.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.