Ni umuhango witabiriwe n’abasaga 400, barimo n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Sudani y’Epfo Rtd Lt col Rutabana Joseph, Umuyobozi w’uyu mujyi ndetse n’izindi nzego zitandukanye muri iki gihugu, murwego rwo guha agaciro inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, aho umunyarwanda wese aho ari hose ku isi asabwa guha agaciro umuhango wo kwibuka.
Abanyarwanda bose bamaze kumenyera ko taliki 07 Mata buri mwaka ari umuhango wo gutangiza igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni umuhango witabiriwe n’inzego z’umutekano ziri mubutumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Sudani y’Epfo yitabiriye uyu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.