Ni umuhango witabiriwe n’abasaga 400, barimo n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Sudani y’Epfo Rtd Lt col Rutabana Joseph, Umuyobozi w’uyu mujyi ndetse n’izindi nzego zitandukanye muri iki gihugu, murwego rwo guha agaciro inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, aho umunyarwanda wese aho ari hose ku isi asabwa guha agaciro umuhango wo kwibuka.
Abanyarwanda bose bamaze kumenyera ko taliki 07 Mata buri mwaka ari umuhango wo gutangiza igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni umuhango witabiriwe n’inzego z’umutekano ziri mubutumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Sudani y’Epfo yitabiriye uyu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.