Ayo mahugurwa yatangwaga n’abarimu batanga ubufasha muby’amategeko muri icyo kigo murwego rwo kurushaho kunoza akazi neza, ku nkunga y’ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe iterambere mu Rwanda (UNDP), ku bufatanye n’inzego z’ubutabera sisitemu y’ikoranabuhanga mu gucunga amadosiye no kuburanira ku ikoranabuhanga mu manza ziri mu nkiko, mu rwego rwo kongerera ubushobozi abakora ako kazi umunsi kumunsi.
Ni amahugurwa yahawe abakora mu nzego z’ubutabera bagera kuri 31 n’abakozi b’umwuga b’urwego 20 bakurikirana umunsi ku munsi amadosiye n’iburanisha binyuze mu ikoranabuhanga hagamijwe gutanga serivise nziza.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.