Ayo mahugurwa yatangwaga n’abarimu batanga ubufasha muby’amategeko muri icyo kigo murwego rwo kurushaho kunoza akazi neza, ku nkunga y’ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe iterambere mu Rwanda (UNDP), ku bufatanye n’inzego z’ubutabera sisitemu y’ikoranabuhanga mu gucunga amadosiye no kuburanira ku ikoranabuhanga mu manza ziri mu nkiko, mu rwego rwo kongerera ubushobozi abakora ako kazi umunsi kumunsi.
Ni amahugurwa yahawe abakora mu nzego z’ubutabera bagera kuri 31 n’abakozi b’umwuga b’urwego 20 bakurikirana umunsi ku munsi amadosiye n’iburanisha binyuze mu ikoranabuhanga hagamijwe gutanga serivise nziza.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.