Amasomo baherewe muri ayo mahugurwa yitezweho yateguwe hagamijwe gufasha aba bagororwa kongera kubaka indangagaciro, kunoza imyitwarire mu rwego rwo kubafasha kubana n’abandi neza aho bari no mu gihe bazaba barangije ibihano byabo basubiye hanze y’igororero.
Uyu muhango witabiriwe na Madam Achella Ndlovu, Uhagarariye Prison Fellowship International muri Afurika, akaba yashimiye ubuyobozi bwa RCS uruhare bugira mu kugorora abakoze ibyaha binyuze mu nyigisho zibafasha kwiyubaka.
Madam Achella, yongeyeho ko izi nyigisho zigira uruhare rukomeye mu guhindura imitima no kongerera icyizere abagororwa, bityo bigatuma babasha gusubira mu buzima busanzwe bafite intego nshya n’icyizere cy’ejo hazaza.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.