Amasomo baherewe muri ayo mahugurwa yitezweho yateguwe hagamijwe gufasha aba bagororwa kongera kubaka indangagaciro, kunoza imyitwarire mu rwego rwo kubafasha kubana n’abandi neza aho bari no mu gihe bazaba barangije ibihano byabo basubiye hanze y’igororero.
Uyu muhango witabiriwe na Madam Achella Ndlovu, Uhagarariye Prison Fellowship International muri Afurika, akaba yashimiye ubuyobozi bwa RCS uruhare bugira mu kugorora abakoze ibyaha binyuze mu nyigisho zibafasha kwiyubaka.
Madam Achella, yongeyeho ko izi nyigisho zigira uruhare rukomeye mu guhindura imitima no kongerera icyizere abagororwa, bityo bigatuma babasha gusubira mu buzima busanzwe bafite intego nshya n’icyizere cy’ejo hazaza.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.