Abana bane bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bakoze ikizamini cya Leta gisoza icyiciro Rusange 2023-2024, bakorana n’abandi bana biga mu bigo bitandukanye, mu rwunge rw’amashuri rwa GS Nyagatare, uyumunsi taliki ya 23 Nyakanga 2024.
Bimaze kumenyerwa ko abakora ibizamini bya Leta buri mwaka ko hataburamo abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, aho bahabwa amasomo atandukanye mu gihe bari gukora ibihano by’ibyaha bakoze cyangwa bagikurikiranwa n’inkiko kuko Igororero bagororerwamo ari iryihariye kuribo.
Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa, bose baratsinda kandi bagatsindira ku manota meza.
Hari n’abandi bana babiri bakoreye Ikizamini I musanze, muri GS Muhoza 1, kuko bakiri gukurikiranwa n’inkiko bataroherezwa mu Igororero ryabagenewe, ariko inkiko nizimara gufata imyanzuro nabo bazahita basanga bagenzi babo.
Abana bane bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare bakoze ikizamini cya Leta gisoza icyiciro Rusange 2023-2024, bakorana n’abandi bana biga mu bigo bitandukanye, mu rwunge rw’amashuri rwa GS Nyagatare, uyumunsi taliki ya 23 Nyakanga 2024.
Bimaze kumenyerwa ko abakora ibizamini bya Leta buri mwaka ko hataburamo abana bagororerwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, aho bahabwa amasomo atandukanye mu gihe bari gukora ibihano by’ibyaha bakoze cyangwa bagikurikiranwa n’inkiko kuko Igororero bagororerwamo ari iryihariye kuribo.
Abagiye bakora ibizamini bya Leta bari mu Igororero ry’abana rya Nyagatare mubihe byashize bagiye bagaragaza ubudasa kuko ntanumwe uratsindwa, bose baratsinda kandi bagatsindira ku manota meza.
Hari n’abandi bana babiri bakoreye Ikizamini I musanze kuko bakiri gukurikiranwa n’inkiko bataroherezwa mu Igororero ryabagenewe, ariko inkiko nizimara gufata imyanzuro nabo bazahita basanga bagenzi babo.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.