Mubahawe imbaba na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, harimo Bamporiki Eduard wari warahamijwe ibyaha bya ruswa wari uri gukora igihano yakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge na CG (Rtd) Emmanuel Gasana, nawe waziraga gukoresha ububashya ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite nawe wari uri gukora igihano cy’Imyaka itanu yari yarakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge.
Ni ibisanzwe ko hari igihe habaho guha imbabazi abantu bari mu Igororero baba barakatiwe n’inkiko, izo Mbabazi zikaba zituruka ku busabe bwabo bugasuzumwa bakareba niba zibakwiriye bijyanye n’imyitwarire yabo, izo Mbabazi nubwo bazihabwa iyo wongeye ukagwa mucyaha ntibikubuza kongera gusubira gukora bya bihano by’ibyaha wari usigajemo ukabimaramo kuko uba utarubahirije ubyo uba warategetswe.
Iyo izo Mbabazi zitanzwe abazihawe bahita bataha bakajya mumiryango yabo ntazindi nzitizi ziba zigihari, kuko biba byarateguwe neza bakagenzura akantu kukandi kugirango hatazagira intandamyi igaragaramo.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.