Mubahawe imbaba na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, harimo Bamporiki Eduard wari warahamijwe ibyaha bya ruswa wari uri gukora igihano yakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge na CG (Rtd) Emmanuel Gasana, nawe waziraga gukoresha ububashya ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite nawe wari uri gukora igihano cy’Imyaka itanu yari yarakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge.
Ni ibisanzwe ko hari igihe habaho guha imbabazi abantu bari mu Igororero baba barakatiwe n’inkiko, izo Mbabazi zikaba zituruka ku busabe bwabo bugasuzumwa bakareba niba zibakwiriye bijyanye n’imyitwarire yabo, izo Mbabazi nubwo bazihabwa iyo wongeye ukagwa mucyaha ntibikubuza kongera gusubira gukora bya bihano by’ibyaha wari usigajemo ukabimaramo kuko uba utarubahirije ubyo uba warategetswe.
Iyo izo Mbabazi zitanzwe abazihawe bahita bataha bakajya mumiryango yabo ntazindi nzitizi ziba zigihari, kuko biba byarateguwe neza bakagenzura akantu kukandi kugirango hatazagira intandamyi igaragaramo.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.