Mubahawe imbaba na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, harimo Bamporiki Eduard wari warahamijwe ibyaha bya ruswa wari uri gukora igihano yakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge na CG (Rtd) Emmanuel Gasana, nawe waziraga gukoresha ububashya ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite nawe wari uri gukora igihano cy’Imyaka itanu yari yarakatiwe n’inkiko mu Igororero rya Nyarugenge.
Ni ibisanzwe ko hari igihe habaho guha imbabazi abantu bari mu Igororero baba barakatiwe n’inkiko, izo Mbabazi zikaba zituruka ku busabe bwabo bugasuzumwa bakareba niba zibakwiriye bijyanye n’imyitwarire yabo, izo Mbabazi nubwo bazihabwa iyo wongeye ukagwa mucyaha ntibikubuza kongera gusubira gukora bya bihano by’ibyaha wari usigajemo ukabimaramo kuko uba utarubahirije ubyo uba warategetswe.
Iyo izo Mbabazi zitanzwe abazihawe bahita bataha bakajya mumiryango yabo ntazindi nzitizi ziba zigihari, kuko biba byarateguwe neza bakagenzura akantu kukandi kugirango hatazagira intandamyi igaragaramo.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.