Ubwo yari mu nama nkuru ya RCS ngaruka kwezi yateranye kuwa 17/8/2016, Komiseri Mukuru wa RCS CGP George RWIGAMBA, nyuma yo kumwakira Minisitiri Fazil yasobanuriye abagize inama nkuru ya RCS imyanzuro itandukanye yemejwe n’inama y’abamisitiri nk’imishahara mishya,guhindurirwa urwego rureberera RCS(MINIJUST) , aba ofisiye 24 bashyizwe muzabukuru ndetse n’abacungagereza 14 birukanwe kubera imyitwarire mibi itandukanye.
kuri gahunda y’inama kandi yibanze cyane kukunoza umutekano wa za gereza n’ingando, imibereho myiza y’abacungagereza , imihigo ya RCS, ibibazo by’amadosiye y’abagororwa n’imyitwarire y’abacungagereza, abari munama banzuye ko nihakomeza kubaho gukorera hamwe ntashiti byose bizagerwaho.
Iyo nama y’umunsi umwe yari igizwe na Komiseri Mukuru wa RCS, Komiseri Mukuru w’ungirije, abayobozi baza diviziyo bose, abayobozi ba mashami ku cyicaro gikuru cya RCS,abayobozi ba za gereza n’ingando za TIG mu Ntara n’umujyi wa Kigali.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.