Ubwo yari mu nama nkuru ya RCS ngaruka kwezi yateranye kuwa 17/8/2016, Komiseri Mukuru wa RCS CGP George RWIGAMBA, nyuma yo kumwakira Minisitiri Fazil yasobanuriye abagize inama nkuru ya RCS imyanzuro itandukanye yemejwe n’inama y’abamisitiri nk’imishahara mishya,guhindurirwa urwego rureberera RCS(MINIJUST) , aba ofisiye 24 bashyizwe muzabukuru ndetse n’abacungagereza 14 birukanwe kubera imyitwarire mibi itandukanye.
kuri gahunda y’inama kandi yibanze cyane kukunoza umutekano wa za gereza n’ingando, imibereho myiza y’abacungagereza , imihigo ya RCS, ibibazo by’amadosiye y’abagororwa n’imyitwarire y’abacungagereza, abari munama banzuye ko nihakomeza kubaho gukorera hamwe ntashiti byose bizagerwaho.
Iyo nama y’umunsi umwe yari igizwe na Komiseri Mukuru wa RCS, Komiseri Mukuru w’ungirije, abayobozi baza diviziyo bose, abayobozi ba mashami ku cyicaro gikuru cya RCS,abayobozi ba za gereza n’ingando za TIG mu Ntara n’umujyi wa Kigali.
Abasura n’abasurwa ku magororero atandukanye hirya no hino mu gihugu, barishimira uburyo bushya koranabuhanga bwa…
Uyu munsi kuwa 9 Nyakanga 2026 abana 11 bagorererwa mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barangije…
Uyu munsi taliki 29 Kamena 2026, Minisitiri w’umutekano mu gihugu Dr.Vincent Biruta yitabiriye umuhango wo…
Kuri uyu wa 27 Kamena 2026, Korali Ambassador of Christ yasuye Igororero rya Nyarugenge aho…
Kuri uyu wa 24 Kamena 2026 Ku Rwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, Abakozi b'Urwego…
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
This website uses cookies.