Ubwo yari mu nama nkuru ya RCS ngaruka kwezi yateranye kuwa 17/8/2016, Komiseri Mukuru wa RCS CGP George RWIGAMBA, nyuma yo kumwakira Minisitiri Fazil yasobanuriye abagize inama nkuru ya RCS imyanzuro itandukanye yemejwe n’inama y’abamisitiri nk’imishahara mishya,guhindurirwa urwego rureberera RCS(MINIJUST) , aba ofisiye 24 bashyizwe muzabukuru ndetse n’abacungagereza 14 birukanwe kubera imyitwarire mibi itandukanye.
kuri gahunda y’inama kandi yibanze cyane kukunoza umutekano wa za gereza n’ingando, imibereho myiza y’abacungagereza , imihigo ya RCS, ibibazo by’amadosiye y’abagororwa n’imyitwarire y’abacungagereza, abari munama banzuye ko nihakomeza kubaho gukorera hamwe ntashiti byose bizagerwaho.
Iyo nama y’umunsi umwe yari igizwe na Komiseri Mukuru wa RCS, Komiseri Mukuru w’ungirije, abayobozi baza diviziyo bose, abayobozi ba mashami ku cyicaro gikuru cya RCS,abayobozi ba za gereza n’ingando za TIG mu Ntara n’umujyi wa Kigali.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.