Ubwo yari mu nama nkuru ya RCS ngaruka kwezi yateranye kuwa 17/8/2016, Komiseri Mukuru wa RCS CGP George RWIGAMBA, nyuma yo kumwakira Minisitiri Fazil yasobanuriye abagize inama nkuru ya RCS imyanzuro itandukanye yemejwe n’inama y’abamisitiri nk’imishahara mishya,guhindurirwa urwego rureberera RCS(MINIJUST) , aba ofisiye 24 bashyizwe muzabukuru ndetse n’abacungagereza 14 birukanwe kubera imyitwarire mibi itandukanye.
kuri gahunda y’inama kandi yibanze cyane kukunoza umutekano wa za gereza n’ingando, imibereho myiza y’abacungagereza , imihigo ya RCS, ibibazo by’amadosiye y’abagororwa n’imyitwarire y’abacungagereza, abari munama banzuye ko nihakomeza kubaho gukorera hamwe ntashiti byose bizagerwaho.
Iyo nama y’umunsi umwe yari igizwe na Komiseri Mukuru wa RCS, Komiseri Mukuru w’ungirije, abayobozi baza diviziyo bose, abayobozi ba mashami ku cyicaro gikuru cya RCS,abayobozi ba za gereza n’ingando za TIG mu Ntara n’umujyi wa Kigali.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.