Aba bakirisitu bahawe ikaze n’ubuyobozi bw’Igororero ndetse banakirwe neza n’abagororwa bagororerwa muri iri Gorero rya Nyarugenge.
Iri tsinda ry’Abakirisitu b’Itorero rya Calvary ryaje riyobowe na Pasiteri Serugendo Espoir, aherekejwe n’abandi bashumba batandukanye. Bahatanze ibyigishwa bitandukanye biganisha ku kureka icyaha maze bagahinduka abantu Imana yishimira. Banabakanguriye kurushaho kwitwara neza aho bari mu Igororero, cyanecyane birinda kwinjiza ibitemewe no gutanga amakuru ku bashobora kwijandika mu bikorwa nkibyo bibi byahungabanya umutekano wabo na bagenzi babo.
RCS n’umufatanyabikorwa Rwanda brigde to Justice, bari mubukangurambaga bw’umushinga mushya w’ikoranabuhanga uzajya ufasha abasura n’abasurwa…
Ku nyigisho bahawe na bamwe mu bayobozi bari bitabiriye umuhango wo gusoza amahugurwa y'ubumwe n'ubudaheranwa…
Kuri uyu wa 12 Kamena ku Igororero rya Nyamasheke, abagororwa 644 basoje amahugurwa y’ubumwe n’ubudaheranwa…
Kuri uyu wa gatandatu taliki 06 Kamena 2026, RCS n’atekenisiye ba E-Huza bakomereje ubukangurambaga mu…
Ibikorwa nyongeramusaruro bikorerwa ku magororero atandukanye y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ni bimwe mu…
Ku magororero ya Nyanza na Huye, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Gicurasi 2026, RCS…
This website uses cookies.