Aba bakirisitu bahawe ikaze n’ubuyobozi bw’Igororero ndetse banakirwe neza n’abagororwa bagororerwa muri iri Gorero rya Nyarugenge.
Iri tsinda ry’Abakirisitu b’Itorero rya Calvary ryaje riyobowe na Pasiteri Serugendo Espoir, aherekejwe n’abandi bashumba batandukanye. Bahatanze ibyigishwa bitandukanye biganisha ku kureka icyaha maze bagahinduka abantu Imana yishimira. Banabakanguriye kurushaho kwitwara neza aho bari mu Igororero, cyanecyane birinda kwinjiza ibitemewe no gutanga amakuru ku bashobora kwijandika mu bikorwa nkibyo bibi byahungabanya umutekano wabo na bagenzi babo.
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
Uyu munsi ku wa 07 Mata 2026, Abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororora, RCS bari…
Kuri uyu wa 02 Mata 2026, ku Igororero rya Nyarugenge hamurikiwe igice cya mbere cy’igitabo…
Kuri uyu wa 01 Mata 2026, Bwana Abubacarr M. Tambadou, Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga rwa…
Uyu munsi tariki ya 18 Werurwe 2026, intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ziyobowe…
This website uses cookies.