Aba bakirisitu bahawe ikaze n’ubuyobozi bw’Igororero ndetse banakirwe neza n’abagororwa bagororerwa muri iri Gorero rya Nyarugenge.
Iri tsinda ry’Abakirisitu b’Itorero rya Calvary ryaje riyobowe na Pasiteri Serugendo Espoir, aherekejwe n’abandi bashumba batandukanye. Bahatanze ibyigishwa bitandukanye biganisha ku kureka icyaha maze bagahinduka abantu Imana yishimira. Banabakanguriye kurushaho kwitwara neza aho bari mu Igororero, cyanecyane birinda kwinjiza ibitemewe no gutanga amakuru ku bashobora kwijandika mu bikorwa nkibyo bibi byahungabanya umutekano wabo na bagenzi babo.
Mu birori byabereye ku Ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana (RCS Traing School),…
Amapeti n’ibirango by’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bishyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe nº 009/03…
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Mu gitambo cya Misa yaturiye mu Igororero rya Muhanga kuri iki cyumweru tariki ya 03…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
This website uses cookies.