Aba bakirisitu bahawe ikaze n’ubuyobozi bw’Igororero ndetse banakirwe neza n’abagororwa bagororerwa muri iri Gorero rya Nyarugenge.
Iri tsinda ry’Abakirisitu b’Itorero rya Calvary ryaje riyobowe na Pasiteri Serugendo Espoir, aherekejwe n’abandi bashumba batandukanye. Bahatanze ibyigishwa bitandukanye biganisha ku kureka icyaha maze bagahinduka abantu Imana yishimira. Banabakanguriye kurushaho kwitwara neza aho bari mu Igororero, cyanecyane birinda kwinjiza ibitemewe no gutanga amakuru ku bashobora kwijandika mu bikorwa nkibyo bibi byahungabanya umutekano wabo na bagenzi babo.
Abagororwa mu magororero atandukanye bakomeje kugaragaza ikibazo cy’uko iyo bakatiwe n’inkiko igihano cy’igifungo cy’imyaka runaka…
Politiki yo kugorora kuva yatangira gushyirwa mu bikorwa 2010, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS…
Kuri uyu wa 23 Mata 2026 mu Igororero ry’abana rya Nyagatare, habereye igikorwa cyo kumurika…
Igororero rya Huye ni rimwe mu magororero afite amwihariko ugereranyije n’andi, hashingiwe ku bikorwa biharangwa…
Superintendent Delano Evariste Nyagatare, umuhuzabikorwa w’imishinga mu Rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS, avuga ko…
Kuri uyu wa 07 Mata 2026, mu magororero yose yo mu Rwanda, abagororwa hamwe n’abakozi…
This website uses cookies.