
Gusura kuri za gereza bigiye kuzajya biba kuwa gatandatu aho kuba kuwa gatanu nkuko byari bisanzwe
Byari bamaze kumenyerwa ko imiryango ifite ababo muri gereza zitandukanye, gusura ari kuwa gatanu ariko kubw’impamvu z’abantu benshi bafite akazi bagiye batanga, ko kubona impushya mu kazi ngo bagere ku nshuti n’abavandimwe bari muri za gereza zitandukanye bibabera imbogamizi, niyo mpamvu byimuriwe kuwa gatandatu.




