Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Ubutabera | Kugorora | Umutekano n’Umusaruro

Amakuru Agezweho

Mu masezerano 10 y’ubufatanye n’imikoranire U Rwanda rwasinyanye na Kenya harimo nay’urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora

Tariki ya 04 Mata 2023, u Rwanda na Kenya basinyanye amasezerano 10 y’ubufatanye n’imikoranire hagati y’ibihugu byombi, ayo masezerano agamije ubufatanye mu ngeri zirimo uburezi, ikoranabuhanga, ubuhinzi, imikoranire muri serivise z’igorora ndetse n’izindi nzego, aho ibihugu byombi biyitezemo ko aya masezerano azatuma hari byinshi azasiga ahinduye.

Ku Igororero rya Nyagatare hakozwe umuganda kubufatanye n’abaturage n’inzego z’umutekano

Ku gicamunsi cy’ejo ku Igororero ry’Abana rya Nyagatare habereye umuganda wakozwe hagamijwe gukumira isuri itera inkangu mu mbago z’Igororero mu bihe by’imvura, witabirwa na visi meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Murekatete Juliet, umuyobozi w’Igororero wungirije SP Richard Cyubahiro bacukura imiringoti ifata amazi kugira ngo bagabanye imbaraga z’amazi.

Kwibohora 30   "INTAMBWE MU NTEGO"