
Abana baba mu Igororero rya Ngoma hizihijwe umunsi mbonezamikurire nkuko mu karere kose bawizihije
Umuyobozi w’akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Mukayiranga Marie Gloriose, yizihirije umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato, yifatanya n’abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero ry’abagore rya Ngoma mu kwizihiza uwo munsi.



