Half way home Social reintegration Center, ni umushinga mugari wa Leta y’u Rwanda wo gufata abantu bari mu magororero basigaje igihe gito ngo basoze ibihano byabo bakabanza kunyuzwa muri icyo kigo mu rwego rwo kubategura kurushaho mu mutwe no kububakira ubushobozi. Iminsi bazajya bamara muri icyo kigo bazajya bategurwa gusubira mu muryango bahabwa inyigisho zitandukanye zirimo n’uburere mboneragihugu hakiyongeraho no gukomeza kwigishwa imyuga n’ubumenyingiro, bizabafasha kwiteza imbere n’imiryango yabo igihe bazaba basoje ibihano.
Iryo tsinda ryarebaga aho umushinga w’inyubako watangiye ugeze banareba uburyo ibikorwa by’inyubako byatangiye byakwihutishwa maze hagakurikiraho ibindi byiciro by’ibikorwa biteganijwe bityo ibyahateganyirijwe bigatangira gushyirwa mu bikorwa. umushinga ugeze ku kigero cyiza kuko icyiciro cya mbere cy’izo nyubako cyarangiye hakaba hasigaye icya kabiri n’icya gatatu
Itsinda ryasuye ahari kubakwa inyubako za Half way home Social reintegration Center (HWHSRC), rimaze gusura ibikorwa byarangiye n’ibirimo gukorwa bishimye uko imirimo iri kugenda basaba ko byakomeza kwihutishwa ibyahateganyirijwe aho hantu bigatangira gushyirwa mubikorwa.
Today April 1, 2026, the Registrar of the International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (IRMCT),…
On 23 February 2026, the Commissioner General of the Rwanda Correctional Service (RCS), CG Evariste…
This Wednesday January 28, 2026 at RCS Headquarters, CG Evariste Murenzi received a delegation of…
Following a meeting with the Commissioner General of the Rwanda Correctional Service (RCS) Yesterday, Mr.…
Andrew Corley, the President of Prison Fellowship International, following his visit to Rwanda Correctional Service…
Today January 14, 2026, the Commissioner General of the Rwanda Correctional Service (RCS), CG Evariste…
This website uses cookies.