
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku kugorora
Ibi ni ibyatangajwe na Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS, DCG Mary Gahonzire mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye ku Cyicaro gikuru cy’urwo Rwego ku wa 15/11/2013. Iyi nama ikaba igamije kunoza gahunda zo kugorora ku Bihugu byohereza abacungagereza mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.