
Gereza ya Muhanga ifafatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga hakozwe umuganda wo gusiza ikibanza cy’ahazubakwa Ishuli.
Umuyobozi wa karere ka Muhanga yashimye ubufatanye bw’inzego zose zari zitabiriye icyo gikorwa cy’umuganda ati “ubu twishatsemo igisubizo gihesha akarere kacu agaciro”.




